UMUGABA MUKURU W’INGABO Z’U RWANDA YASOJE AMAHUGURWA YA OFISIYE N'ABANDI BASIRIKARE BA MILITARY POLICE
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Gen MK MUBARAKH, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 11 Kanama 2026, yayoboye umuhango wo gusoza amahugurwa ku…
MINISITERI Y’INGABO N’INGABO Z’U RWANDA BAGIRANYE IBIGANIRO KU MUTEKANO N'ABAHAGARARIYE IBIHUGU MU BYA GISIRIKARE MU RWANDA
Uyu munsi, Minisiteri y’Ingabo n’Ingabo z’u Rwanda, bagiranye ibiganiro ku mutekano n'abahagarariye ibihugu bitandukanye mu bya gisirikare (Defence…
ABASIRIKARE BASHYA B'INGABO ZA SANTARAFURIKA BARANGIJE AMAHUGURWA YA GISIRIKARE YATANZWE N’ABARIMU B'INGABO Z'U RWANDA
Uyu munsi, abasirikare bashya 566 binjiye ku mugaragaro mu Ngabo za Repubulika ya Santarafurika (FACA) nyuma yo kurangiza neza amahugurwa y’ibanze ya…
APR KARATE YEGUKANYE IGIKOMBE MU IRUSHANWA MPUZAMAHANGA RYA KARATE
Amarushanwa mpuzamahanga ya Karate (Zanshin Karate Championship 2026), yabaye kuri uyu mugoroba kuri Petit Stade i Kigali, aho ikipe ya APR Karate…
UMUGABA W’INGABO ZIRWANIRA KU BUTAKA YASUYE ABASIRIKARE B’U RWANDA BARI MU BUTUMWA BW’AMAHORO MURI REPUBULIKA YA SANTARAFURIKA
Umugaba w’Ingabo z'u Rwanda zirwanira ku butaka , Maj Gen Vincent Nyakarundi, kuri uyu munsi yasuye igihugu cya Santarafurika, aho yahuye…
INGABO Z’U RWANDA MURI SUDANI Y’EPFO ZATANZE SERIVISI Z’UBUVUZI KU BUNTU KU BATURAGE BO MU NKENGERO Z’UMUGEZI WA NILI
Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo (UNMISS), bafatanyije na bagenzi babo bakorera muri UNMISS Malakal, kuri…
RDF YINJIJE ABASIRIKARE BASHYA MU NGABO NYUMA YO GUSOZA AMAHUGURWA Y'IBANZE YA GISIRIKARE
Ingabo z'u Rwanda (RDF) zinjije ku mugaragaro icyiciro gishya cy'urubyiruko rw'abahungu n'abakobwa binjiye mu ngabo nyuma yo kurangiza neza amahugurwa…
OFISIYE BO MU ISHURI RIKURU RYA GISIRIKARE RYA SRI LANKA BARI MU RUGENDOSHURI MU RWANDA
Itsinda rigizwe na Ofisiye bakuru n’abarimu 13 bo mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Sri Lanka bari mu rugendoshuri mu Rwanda. Iri tsinda riyobowe na…
OFISIYE BATURUTSE MU ISHURI RIKURU RYA GISIRIKARE RYA ZIMBABWE BARI MU RUGENDO RWO KWIGA IMPINDUKA ZAGEZWEHO MU MUTEKANO N'IMIYOBORERE BY'U RWANDA
Itsinda ry'abofisiye bo mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Zimbabwe bari mu ruzinduko rw'ibyumweru bibiri mu Rwanda rugamije kurushaho gushimangira…
UMUGABA MUKURU W’INGABO ZA UNMISS YASUYE INGABO Z'U RWANDA ZIRI MU BUTUMWA BW'AMAHORO
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo (UNMISS), Maj Gen Junhui Wu, uyu munsi yasuye ingabo z’u…